CYOMORO Tv
tunejejwe nokuguha ikazeCyomoro Tv hano tubageza ho ibiganiro bitandukanye biri mu murongo wokubaka societe,
amakuru acukumbuye kandi yizewe, ijambo ry'IMANA. ndetse ni bindi.
ubaye ufite inama,ibitekerezi, inyunganizi,ubuhamya duhamagare kuri cyangwa utwandikire kuri:
Email: [email protected]
tel:+250788818809
NDUNVA IY’ISI NAYIHAZE PE ARIKO UBUNDI KOKO IMANA IBAHO NONESE YABA IBAHO IKAMBESHYA BENE AKAGENI
BIRAKOMEYE ABA NGO NTIBAZASHAKA ABAGORE KUBERA IBYO BABONA MURI UBU BUZIMA | NGO NTAGITEYE AMATSIKO!
CYOMORO TV IFASHE UMWANYA WO GUSHIMA NDETSE NO KUGAYA IBIKORERWA KURIZI SOCIAL MEDIAL
URUBYIRUKO | TWAGIZWEHO INGARUKA NYINSHI KUBWO KUTABONEKA MUNZU ZITIRIWE IMANA
IGIHE CYAGEZE NGO MUMENYE NEZA AHO PAUL MUKUNDA AHEREREYE | YES DAY INN LTD | AMAREMBO Y'UMUTARA
P.JUSTIN AVUZE BYINSHI BITEYE UBWOBA
P.JUSTIN NA EMMANUEL BAVUZE BYINSHI KURI SIRAS NA VESTINE KUBIRI KUVUGWA KUBUZIMA BWABO
Nyirasenge wa Vestine avuze ukuri kubivugwa kuri DIVORCE ya Vestine na Idrissa uko bimeze
IBI BINTU ( 8) BIRAREBA ABAGORE GUSA CYAGWA ABENDA KURUSHINGA
Tube beza ariko tube beza no k'umutima!
ISI YANONE YAMEZE AMENYO!
HARICYO MUTAMENYE MFITE IMPANO IDASANZWE | MFITANYE URUKUNDO NA MAMA RUKOMEYE CYANE
TERA INTAMBWE UJYA MUBY'UWITEKA NAYO IRAZA MUBYAWE!/ KANDI NGO KUBAHA UWITEKA NIBWO BWENGE
Ndashima wowe uruhare rukomeye ugira kuri Cyomoro Tv
PASTOR JOHN AZANYE UBUTUMWA BW'IHUMURE | ABANTU BENSHI BAFITE UBWOBA ARIKO HARICYO IMANA IVUZE!
IBINTU BIRAKOMEYE BIRAKOMEYE HANZE AHA | ABANTU BAKABIJE GUTAKAZA IGIHE
PAST CLOUDE NDAMWANGA NDETSE BIKABIJE | SOCIAL MEDIAL IRATWISHE IRATUMAZE TWE URUBYIRUKO TURATABAZA
UMUGABO | IZI NAMA 6 ZIREBA ABAGABO NIBA UTAZIGIRA IZI NSHINGANO UFITE IKIBAZO.
Dushobora kureba nk'abantu ariko | IMANA yo ntireba nk'Abantu
URUKUNDO NKUNDA MBONYE ISRAEL RURENDA KUNSAZA | NAKOMEREKEYE MUNZU ZITIRIWE IZINA RY'IMANA
Karabaye urubyiruko ngo amahirwe yo kubaka umuryango arimo kugenda atakara kubera kutitabwaho
Nkunda Kayirebwa Kamariza we birarenze buriya nimwene wacu
Kubicamo ko tuzabicamo ariko ntibizatwica
Ndagukunda nshuti yanjye washimye ahakwiye kuko nifuza kubana nawe akaramata no warakoze pe!!!!!!!
Umugabo yangiriye irari muburyo budakwiye | Iteka nsengera urubyiruko kuko ruhura n'ibibazo byinshi
Urufatiro ni ishingiro cyangwa ikibanza gikomeye ikintu cyose gishingiraho kugira ngo kidahungabana.
Umuryango wubaha Imana ni wo shingiro ry’igihugu gifite amahoro. Iyo dusengera hamwe, dukundana,
Ngaho n'imwumve ibi abafite abaturanyi | Umuturanyi mubi | Ibikomere duterwa n'Abaturanyi
Guhindukira#Gukizwa#ukwiye guhindukira