inkuru mpamo tv
AMAKURU Y’IMPAMO ni urubuga rw’amakuru yizewe, acukumbuye kandi atabogamye.
Dushyira imbere ukuri, ubusesenguzi, n’ubwigenge bw’itangazamakuru, tukageza ku Banyarwanda inkuru z’ingenzi zibera mu gihugu no ku isi hose.
Kuri iyi channel, uzahasanga:
Amakuru ya politiki, ubukungu, umutekano n’imibereho y’abaturage
Ubusesenguzi bw’ibibazo bihangayikishije Afurika
Ikoranabuhanga n’uruhare rwaryo mu mibereho y’abatuye isi
Inkuru z’abantu batavugwa kenshi ariko bafite icyo batanga
Duharanira gutangaza ukuri, tutavangiye, kandi tutagira uwo tubogamiraho.
🔔 Subscribe kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi
📢 Tanga igitekerezo cyawe kuko ijwi ryawe ni ingenzi!
AMAKURU Y’IMPAMO – Ijwi ry’ukuri kuri wowe.
MAA23 igeze mu Km5 ngo yinjire muri centre ya Mwenga.Masisi mu mirwano ikomeye
ONU ihaye gasopo ingabo z’Uburundi .MAA23 ifashe uduce 2 hafi ya mwenga centre
MAA23 yatangiye kugota centre ya Mwenga.ba Col barimo FDNB na FARDC bishwe na MAA23
MWENGA, MAA23 YONGEYE GUFATA MPIRI INGABO Z‘UBURUNDI N‘INTWARO NYINSHI.FARDC IKUYEMO AKAYO KARENGE.
Drone za MAA23 zisenye ibirindiro byinshi by'Abarundi.MAA23 yageze mu mashyamba ya Equateur
MAA 23 ihaye isomo ingabo z'Uburundi na FARDC hafi ya Kamituga, Bataye ibirindiro. Uvira byakomeye.
Bitunguranye MAA23 igiye gufata Umujyi wa Uvira.Ingabo z'Uburundi na FARDC bahuye n'uruva gusenya.
Harabura ibirinetero bicye ngo MAA23 ifate centre ya Mwenga.MAA23 ifashe ibindi bice muri Kalehe.
MAA23 ifashe mpiri Colonel w’Uburundi n’ikibuga cy’indege muri Shabunda — Gen Delta ararusimbuka
MAA23 yakije umuriro muri Mwenga na Bunyakiri.Uburayi buhaye FARDC intwaro zikomeye.
MAA23 ifashe Intwaro nyinshi n'Ibindi bice i Masisi na Shabunda.
Ibya MAA23 u Rwanda n'Ububirigi bifashe indi ntera.Ingabo z'Uburundi zongerewe muri Uvira.
MAA23 yasitiriye Ikibuga cy'Indege cya Shabunda.FARDC itabaje Amerika kubera MAA23.
MAA23 na Twirwaneho:igisirikare cy'Uburundi cyatangiye gushaka izindi ndwanyi.imirwano yakomeye
MAA23 ifashe Mahanga ,FARDC yahunze! Kaliki tombe, Shabunda byakomeye.
Abasirikare 20 b'Uburundi n'intwaro zikomeye bafashwe na MAA23.Mahanga irafashwe.
Nyuma y'imirwano ikomeye, MAA23 ifashe ibindi bice muri Mwenga na Walungu.Masisi byakomeye.
Ibya MAA23 na Kinshasa bifashe indi ntera.MAA23 yitondere z'Uburusiya.
Tshisekedi ategeye MAA23 Miliyari z'Amadorali. Ingabo z'Uburundi ziteguje Abanyamulenge imperuka
Uvira:MAA23 yongeye kwibasira ingabo z'Uburundi. Imirwano yongeye kubura muri Lubero.
Abarundi Bakomye Rutenderi: MAA23 na Twirwaneho Basubizanya Ubukana. imirwano Kadasomwa–Bunyakiri
MAA23 ifashe ibindi bice byinshi. Ingabo z'Uburundi zisabwe kuva muri Ruzizi.
Donald Trump mu mvugo ikarishye kuri Venezuela: Amerika mu myitozo ya gisirikare hafi y’inyanja
MAA23 NA AFURIKA Y'EPFO BONGEYE GUHANGANA.TANZANIA IFASHE UMUSIRIKARE WA AMERIKA.
Ibya MAA23 na Isiraheri bifashe indi ntera. imirwano,Shabunda,Bunyakiri na Mwenga
Byinshi Wahishwe ku Mutwe wa FDLR: Inkuru y’Umugambi wo Guhungabanya U Rwanda
Perezida Neva asimbutse urupfu! MAA23 yongeye gutanga isomo rya gisirikare shabunda na masisi
MAA23 ifashe mpiri Abakomando ba FARDC n'Abarundi.imirwano hafi yaGatoyi muri Masisi.
MAA23 ikoze ibitangaza muri Shabunda.Uburundi busabye Amerika ibikomeye
Itangazo riteye ubwoba rivuye muri AFC/MAA23. Ingabo z'Uburundi ziguye n'akaga