KINYARWANDA LYRICS

𝑵𝒕𝒂 𝒎𝒖𝒉𝒂𝒏𝒛𝒊 𝒖𝒈𝒐𝒎𝒃𝒂 𝒌𝒖𝒛𝒊𝒎𝒂,
𝑵𝒕𝒂 𝒈𝒊𝒉𝒂𝒏𝒈𝒂𝒏𝒐 𝒌𝒊𝒈𝒐𝒎𝒃𝒂 𝒌𝒖𝒛𝒊𝒎𝒊𝒓𝒂!

@Kinyarwanda Lyrics ni urubuga rudaharanira inyungu rwashinzwe hagamijwe:

Gusigasira ibihangano bya kera biri mu marembera kugirango bitazimira

Kugaragaza amagambo agize indirimbo za kera hagamijwe kuzikundisha n’abakiri bato

Kubungabunga no gukusanya amateka amafoto y’abahanzi bo hambere kugirango batazima.

-Ubaye ufite indirimbo zawe cyangwa z’umubyeyi wawe wifuza ko twazishyiraho wazitwoherereza kuri E-mail ikurikira: [email protected]

-Utifuza ko indirimbo yawe cyangwa iy’umubyeyi wawe iguma ku rubuga rwacu, nabwo watwandikira

-Ushaka Kutwandikira cyangwa kudushyigikira ukoresheje Momo wakoresha numero +250788508730 (Etienne) Ukoresha BINANCE PAY wakoresha E-mail: [email protected]

Burya umukambwe utabarutse, ni nk’Inzu y’ibitabo ihiye!
Turamire umurage badusigiye kugirango utaduca mu myanya y’intoki!
l
l
IPNDKY