Uyu niwo muryango ufite abana benshi mu Rwanda | Ntibibuka namazina yabo bose | Biratangaje
Автор: Afrimax TV
Загружено: 2019-12-03
Просмотров: 85766
Mu miryango ndetse no mu mico itandukanye, usanga bagira abantu inama yo kubyara bacye, mu rwego rwo kubarinda ubukene no gusaza vuba. Uko isi igenda irushaho gutera imbere, ni ko ubuzima bugenda burushaho gukomera, ibi bigatuma mu bihugu bimwe na bimwe nk’Ubushinwa hashyirwaho amategeko y’abana umuryango utagomba kurenza mu kubyara, kubera ubwinshi bw’abaturage.
Ibi siko bimeze mu muryango wa Bugirimfura Bernard na Mukayitesi Marie Drocella utuye mu murenge wa Gikundamvura ho mu karere ka Rusizi mu ntara y’Uburengerazuba, kuko kuva bashyingirwa mu 1994 kugeza mu 2019, babyaranye abana 14, bose bakaba bariho, bakomeye kandi bafite ubuzima bwiza.
#AfrimaxTV
Доступные форматы для скачивания:
Скачать видео mp4
-
Информация по загрузке: