N.ESRON - INKURU Y'AGAKIZA part 2
Загружено: 2025-11-15
Просмотров: 12342
INKURU Y'AGAKIZA KADATAKARA lyrics
1. Hari abantu benshi ujya wumva bavuga ngo , bigeze gukizwa ariko baraguye, ndagirango mbamenyeshe ko batatakaje agakiza habe namba, ahubwo ntibigeze bakizwa rwose byu’ukuri , ahubwo barishukaga
2. Ntabizera by’ukuri barimbuka , kuko ubugingo bwabo buhishwe mu mana , umuntu yabyanga cg yabyemera niko kuri kw’itabasha kubeshya, ndakugira inama nshuti , utakire Imana uti “ Mana nanjye Mpa aka gakiza
Chorus :uwizera ntiyarimbuka kuko Imana imwirindira, uvuga yagatakaje nuko na mbere hose ntako yarafite
3. Reka ntsindagire ibi mvuze , kugirango umuntu wese abyumve, umuntu bavuga ko yari umurokore kera , ariko none abaka yaraguye atagikijwe , ntiyarakijijwe
4. Ndabizi abantu benshi mwizerako ngo agakiza karatakara,ndetse munatanga ingero zabo muvuga katakaye, mumenyeko mwebwe mwizera ibi , ndetse nabo muvuga, mwese mukeneye agakiza!
5. Niba nawe uvuga ko wakijijwe n’ubuntu ariko ukaba wibereyeho uko ushaka ! Ntiwishyire mubavuga ko batazataka agakiza, kuko nawe ntako ufite ahubwo utakire Yesu aguhaye agakiza ke
AUDIO : BORIS
VIDEO: MUSINGA
EDITOR : THIRA
COLOR : MUSINGA
Доступные форматы для скачивания:
Скачать видео mp4
-
Информация по загрузке: