Umugabo arashinjwa kwica umugore we bapfa ubusinzi .
Автор: TV1 Rwanda
Загружено: 2020-03-18
Просмотров: 6327
.Kuri station ya RIB iherereye mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi hafungiwe umugabo witwa Mateso Jean Nepomuscene ukekwaho kwica umugore we amukubise umuhoro mu mutwe. Abaturanyi n’ubuyobozi baravuga ko uyu muryango wahoragamo intonganya kugeza ubwo ntawashoboraga kubakiza kuko n’uwabigeragezaga uyu mugore yamuhindukiranaga akaba ari we akubita.
Abaturanyi b’uyu muryango batabaye mu masaha y’ijoro ryo kuri uyu wa 16 Werurwe 2020 ngo basanze umugabo afite umuhoro mu maboko yatemye umugore we mu mutwe,ariko ngo ibi byabaye nyuma y’urusaku umugore yavuzaga ubwo yari atashye mu masaha ya saa yine z’ijoro maze atera amabuye ku muryango w’inzu ari gusaba umugabo kumukingurira
Доступные форматы для скачивания:
Скачать видео mp4
-
Информация по загрузке: