Abaturage ba Kacyiru baratabaza. Imiryango irenga 100 iri hanze. Yasenyweho amazu mu bugome bwinshi
Автор: Radio Inkingi
Загружено: 2019-12-14
Просмотров: 21441
Mu mugi wa Kigali, mu kagali ka Kamutwa, ahitwa mu Kaninja basenyweho amazu ku buryo imiryango irenga ijana irara hanze.
Abana ngo ntibakijya kw'ishuri. Uko gusenya rero ni icyorezo kuko uwaduhaye aya makuru, yatubwiye ko na Gaculiro ariko bigiye kugenda. Kuri murandasi muri iki cyumweru kirangiye havuzwe gusenya amazu Rwampara, Gatsata, Kiruhura, ... Abaturage bibera mu matongo kubera ko badafite aho bajya.
Amakuru dufite ngo ni uko u Rwanda, mu myiteguro ya ya nama ya Commonwealth, ngo rugomba gusukura umugi wa Kigali rusenya amazu yose aciriritse hagasigara iriya miturirwa y'abaherwe.
Доступные форматы для скачивания:
Скачать видео mp4
-
Информация по загрузке: